Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa kabili taliki ya 27/11/2018 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wanditse ku mazina ya MUREKEZI EVARISTE na MUKAKARANGWA JEANNE D’ARC uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyarugenge, Akagali ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare ngo harangizwe urubanza NYARUGENGE ICYEREKEZO SACCO yatsinzemo Murekezi Evariste.
Ku bindi bisobanuro wareba kuri iri tangazo riri hasi: