Print

Vera Sidika yavuze ko mu mpamvu zatumye atandukana n’ umukunzi we harimo no kuba yarafite igitsina gito

Yanditwe na: Muhire Jason 22 November 2018 Yasuwe: 2884

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye harimo gukwirakwizwa ubutumwa bwiganjemo gusebanya hagati ya Vera Sidika ndetse na Otile Brown bahoze bakundana bakaza gutandukana mu buryo butazwi aho mu minsi yashyize uyu musore yavuze ko uyu mukobwa w’ikizungerezi yajyaga amuca inyuma akigira mu bandi basore.

Otile abajijwe impamvu ituma umukunzi we adahazwa n’ubugabo bwe yavuze ko yacyetse ko yaba yikinisha cyangwa yararyamanaga n’abo bahuje ibitsina bityo bigatuma adashobora guhazwa n’umugabo umwe.

Nyuma yuko Vera Sidika yumvishe ibi yasobanuye ko uriya musore yari umunebwe mu buiri kuko ngo yarangizaga mu gihe cy’amasegonda 10, kandi we agishaka ko bishimana yakomeje avuga ko yarafite ubugabo buto cyane butabashaga kumugeza ku ndunduro y’ibyishimo bye ngo ibi biri mu byatumye bashwana kubera ko atigeze amunezaza n’umunsi n’umwe mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Vera Sidika na Otile Brown bakundanye kuva mu kwezi kwa Werurwe aho iby’urukundo rwabo rwahagaze mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira uyu mwaka aho uyu mugore yabanje gutangaza bwa mbere ko atajyaga amuha umwanya ngo nawe ajye kuririmba muri Studio bose babe abahanzi. Ngo kandi yiyumvagamo impano yo kuririmba.