Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’umugabo wigaragambije yambaye ubusa bitewe na Serivise mbi z’ikigo cya UMEME gishinzwe kubagezaho umuriro aho yigaragambije avuga ko babangirije ibikorwa by’ubucuruzi aho babasize mu gihombo. Nyuma yuko ibi bibaye iki kigo gitanga umuriro w’amashanyarazi muri Uganda cyahise gisohora itangaza kisegura kubagizweho ingaruka niryo bura ry’amashyanyarazi.
Umukobwa uzwi ku izina rya Joy ukomoka muri Tanzania akomeje gusakaza amafoto yambaye mu buryo budasanzwe aho uyu mukobwa aje yunga mu mafoto mukuru we Corazone Kwamboka akunze gushyira hanze.
Umunyarwandakazi Sunny ukubutse mu gihugu cya Thailand azanye imyambarire n’imyofotoreze idasanzwe .
Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook na Instagram.
Polycarp Otieno wo muri Sauti Sol yakoze ubukwe bw’akataraboneka n’umukunzi we Lady.