Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’umukobwa ukora muri Banki izwi ku izina rya Bank Garden City washyizwe hanze n’abantu batazwi yambaye ubusa nyuma yuko ataye telefone ye njyendanwa yaririmo aya mafoto agasabwa ko abaha miriyoni 10z’amashiringi kugirango ayisubizwe akabyanga bagahitamo kumuharabika ku mbuga nkoranyambaga.
Umukinnyi wa Ruhago Yannick Mukunzi yashyize hanze amafoto agaragaza umwana we ndetse n’umugore.
Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandandukanye zirimo Facebook ,instagram ndetse n’ahandi.
KOMELEZAHO