Print

Abarinzi b’umupaka wa USA na Mexico bateye ibyuka biryana mu maso mu babyeyi bashakaga kwambutsa abana babo muri USA [Amafoto]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 26 November 2018 Yasuwe: 1861

Abagore benshi bari kumwe n’abana babo bakiri bato ariko abarinzi b’uyu mupaka ntibabarebeye izuba babateye ibyuka biryana mu maso barahunga bakwira imishwaro.

Aba baturage bari bamaramaje kwinjira USA,kujya gushaka ubuzima bakomwe mu nkokora nibi byuka biryana mu maso batewe basubira inyuma ndetse byagize ingaruka zikomeye ku bana bari kumwe n’ababyeyi babo.

Aba banya Mexico batewe ibi byuka mu ijoro ryakeye ubwo bashakaga kwegera uruzitiro ngo bace mu rihumye abarinzi gusa batunguwe no guterwa ibi byuka kandi bamwe bari bafite abana bato ndetse bahise batangira gukorora no kurira cyane.

Bamwe mu baturage bari babashije gucukura umwobo hafi y’uru ruzitiro rubabuza kwinjira muri USA,batunguwe no guterwa ibi byuka biryana









Comments

[email protected] 26 November 2018

hhhh ubuzima bubi ntaho butaba dushaka twatuza tugafata urwanda neza rebankaba bazungu bagerino ugasanga turabashagaye kumbi barakubiswe yego ntitwahuza ariko nabo bamerewe nabi