Bibaye nyuma y’ amasaha make Perezida Kagame Minisiteri y’Ubuzima na Polisi y’Igihugu guhagurukira mu maguru mashya ikibazo cya amavuta yo kwisiga ahindura uruhu..
Uyu mukwabu wakorewe mu bice bitandukanye byo mu Mujyi rwagati birimo Downtown, Cartier Matheus n’ahandi hirya no hino.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera Jean Bosco yavuze ko imikwabu nk’ iyi isanzwe.
Abera bazahora badusuzugura kuko uri gihe dushaka kwisanisha nabo muri byose!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Twemere uko Imana yaturemye kdi tubyishimire.