Uyu munsi abakunzi ba UMURYANGO twari twabagejejeho urutonde rw’ibyamamarekazi bivugwa ko byitukuje cyane mu buryo bugaragarira buri umwe.
Kuri ubu tukaba twabakoreye n’icyegeranyo cy’ibyamamare nyarwanda mu bagabo bivugwa ko bisize umukorogo bagahinduka inzobe mu buryo bugaragarira buri umwe wese.
Iyo witegereje amafoto ya kera ya bamwe muri ibi byamamare ukanitegereza amafoto yabo muri iyi minsi, ijisho ryo ubwaryo rihita riguha ukuri kwa nyako kuko ubona ko bahindutse cyane ku mubiri wabo nubwo bo bahamya ko ari amavuta bisiga abaha gucya.
Uru ni urutonde rw’ibyamamare nyarwanda(Mu bagabo) bavuzweho kuba barisize mukorogo:
Muvunyi Aime ’Aime Bluestone’
Rwatubyaye Abdul
Tuyishime Joshua ’Jay Polly’
Mugisha Benjamin ’The Ben’
Nshimiyimana Mouhamed ’Nizzo’
Mukeshabatware yabagezeho .
hahahaha