Print

Sebastian Stan wakinnye Avengers yazengurutse umujyi wa Athens kuri moto yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 29 November 2018 Yasuwe: 2242

Iyi filimi yitwa Monday y’iki cyamamare Stan,yatangiye gufatwa amashusho ku munsi w’ejo Taliki ya 28 Ugushyingo 2018 mu mujyi wa Athens.

Mu gihugu cy’Ubugereki hari ubukonje bwinshi ariko kubera amafaranga ibi byamamare byiyambitse ubusa bizenguruka umujyi wa Athens byambaye ubusa mu rwego rwo gufata amashusho iyi filimi.

Aba bakinnyi ba filimi bari kumwe n’ikipe nini y’aba cameramen bari bifubitse cyane ndetse bambaye ingofero mu gihe aba bakinnyi bo bari biyambariye ubusa.

Iyi filimi, Monday izaba ivuga ku nkuru y’abanyamerika 2 bahuriye mu mujyi wa Athens bagakundana urukundo rukomeye.





Comments

gatare 29 November 2018

Always ni ibyerekana iminsi y’imperuka nta kindi.Ibibi basigaye babibona ko ari byiza kubera gushaka amafaranga.Nubwo benshi batabyemera,imperuka izaba nta kabuza.It is a matter of time.