Print

Abanyeshuli basinziriye bari guterera akabariro mu nzu iberamo ibirori ya kaminuza bigamo[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 30 November 2018 Yasuwe: 6328

Aba banyeshuli bari bambaye ubusa hasi,bateye akabariro barananirwa,agatotsi karabatwara bagifatanye barasinzira karahava.

Nubwo aba bombi bakoreraga imibonano mpuzabitsina muri iki cyumba kiberamo imyidagaduro giherereye mu buvumo bwa kaminuza ya Edinburgh,bashidutse agatotsi kabatwaye bambaye ubusa ndetse bagenzi babo babafata amashusho bayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga.

Umukobwa yasinziriye aryamye hejuru y’uyu muhungu barimo batera akabariro ndetse bombi bari bambaye ubusa hejuru baryamye hasi.

Inketo zabo bari bazikuyemo bazishyira ku ruhande ubwo bari batangiye gukora imibonano mpuzabitsina ndetse amashusho yagaragaje bagenzi babo bari kubanyura iruhande bagiye mu ishuli.

Benshi bamaganye ubu busambanyi,abandi bavuga ko bitumvikana ukuntu abantu babiri biga muri kaminuza basambanira ku karubanda barangiza bagasinzira bambaye ubusa.