Print

Amafoto yaciye ibintu: Benshi batunguwe n’imyambarire y’abakobwa bagaragaye mu gitaramo cya M’bilia Bel

Yanditwe na: Muhire Jason 8 December 2018 Yasuwe: 4240

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 7 Ukuboza 2018 ,nibwo byari umuhanzikazi M’bilia Bel ari bukore igitaramo muri Camp Kigali ,Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi ugereranyije n’ibindi bitaramo kuko buri muntu wese wahagaragaye yarafite agashya ke yihariyeho.

Bamwe mu bakobwa bahasohokeye baranzwe n’imyambarie ibarekuye ndetse ubona ko ijyanye n’ nuko izo ndirimbo zabyinwaga bambaye aho benshi mu bakitabiriye ari abakoresha ururimi rw’igifaransa ndetse n’igiswahili.

Sibyo gusa nanone cyaranzwe n’imbyino no kwirekura ku bantu bose aho Mbilia Bel yasabye abagabo n’abagore basohokanye ko bajya juru bagacinya umudiho.

REBA AMAFOTO AGARAGAZA UDUSHYA TWAHAGARAGAYE: