Print

Aya mafoto 11 numenya ibyayo buri imwe iragukora ku mutima

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 13 December 2018 Yasuwe: 5804


Yemen yishimiye guhabwa gatanya kuko yari yararongowe akiri ikibondo


Aba bafotowe ari ubwa mbere babonye Tablet mu maso yabo kubera aho batuye hataragezwa itembere


Yasoje ikiciro cya mbere afite abana batanu, byari ibyishimo ku muryango buri wese yishimira uruhare yabigize


Iki kiremwa kitwa Cochohito, ni kimwe muri 12 gusa bisigaye ku ibindi byarapfuye, biba mu mazi muri Leta ya California nacyo cyari cyafashwe mu ruhundura


Kenya: Uyu mugabo yakoze uko ashoboye yita kuri iyi nkura yera ariko ntibyayibuza gupfa


Iyi mbwa yirebye mu ndorerwamo igirango aho hari ngenzi yayo iyizanira ibipupe ngo nayo yishime


Yavuye muri gereza asanga imbwa ye iracyahumeka arishima ariko arebye neza asanga aho iri hari fagire y’ ibihumbi 400 by’ amadorali y’ Amerika


Nyuma y’ imyaka 30 yafunganywe baribwiranye basanga baraziranye

Uyu muganga yakoresheje amasaha 23 mu kubaga umutima, reba munguni umuforomo wamufashije


Yajyanye ku muvuzi w’ amatungo imbwa yakundaga, ariko iranga irapfa bimunanira kubyiyumvisha

Umuhungu w’ uyu mukecuru yaguye mu mpanuka, uyu mukobwa amahirwe aba aramusekeye kuko yari yarabuze umuha umutima wo gusimbura uwe warwaye. Uyu mukecuru ari mu byishimo kuko igice kimwe cy’ umuhungu we gikomeje kubaho