Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa gatanu taliki ya 21/12/2018 guhera saa tanu za mugitondo (11h00) hazaba cyamura y’umutungo utimukanwa wa Nzayisenga Michel na Habimana Denyse ugizwe n’ikibanza cyubatsemo inzu uherereye muKagali ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro Akarere ka Rwamagana. Cyamunaraikazabera aho uwo mutungo uherereye. Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri nomero 0783743533/0788860537.
Itangazo ryose rikaba riri hano hasi: