Print

Amafoto yaciye ibintu:Barack Obama yagaragaye ahetse agafuka ku mugongo agiye gusura abana bitera impuhwe abatari bake bakomeje no gukwirakwiza hose aya mafoto ye

Yanditwe na: Martin Munezero 20 December 2018 Yasuwe: 8210


Barack Obama bivugwa ko ari umuntu wicisha bugufi kurusha abandi bantu bose babayeho nk’ibikomerezwa muri Amerika, uburyo yagaragaye mu gace ko mu burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ka Santa byatunguye benshi cyane ,ahetse agafuka karimo impano zitandukanye kandi ari wenyine mu muhanda.

Aka gafuka Barack Obama yari ahetse yari yageneye abana barwaye Noheli nziza no kwishimana nabo anabahumuriza n’umutima mwiza, Abantu batandukanye bakomeza kumushimira uburyo yicisha bugufi.



Comments

GGG 21 December 2018

Nibyo, agomba kuba atari mubi, ariko ntiyagombaga gutuma KHADAFI ava kubutegetsi akanicwa kariya kageni.We na Sarkozy bahemukiye LIBYA na AFRICA yose. Ngirango umuntu aganiriye nawe, yasanga biri mu byo yicuza byaranze imiyoborere ye. AFRIKA twakaje imbaraga, icyizere cy’abanyalibiya cyo kubaho n’ishema ryabo byarayoyotse.


20 December 2018

Bibaho cyane ko umuntu areka kwiremereza,akibukako abameze nabi nabo arabantu.OBAMA Ni icyitegererezo cyiza.


20 December 2018

OBAMA yagize igikorwa cyiza cyane ariko iyo nibutse ko yishe GHADAFI numva bimbabaje