Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 28/12/2018 saa tanu z’amanywa (11h00) azagurisha mu cyamunara ku ncuro ya kabili umutungo utimukanwa wanditse mu mazina ya NZAYISENGA Michel na HABIMANA Denyse ugizwe n’ikibanza cyubatseho inzu uherereye mu kagali ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro, Akarere ka Rwamagana.
Ku bindi bisobanuro reba itangazo hano: