Print

Umusore yasambanyije umurambo nyuma yo gucika abari bawurinze bakamufata arangije

Yanditwe na: Martin Munezero 24 December 2018 Yasuwe: 1346

Kasim Shazada Khurum yafashwe ku wa 11 Ugushyingo ari gusambanya uyu murambo niko gutabwa muri yombi ashyikirizwa urukiko rwa Birmingham ruzamukatira urumukwiye mu mwaka utaha.

Khurum yavuze ko atigeze asambanya uyu murambo,ahubwo yinjiye mu nzu warimo agiye kwiba atigeze agambirira kuwusambanya nubwo ibipimo byagaragajwe ko wasambanyijwe.

Byavuzwe ko uyu mugabo yataye umutwe kubera kubura akazi ndetse bivugwa ko gusambanya uyu murambo yabitewe n’uburwayi bwo mu mutwe yari afite.

Kasim Shazada Khurum akimara gusambanya uyu murambo warapimwe basanga hari DNA ze ziwurimo.


Comments

kamegeri F. 25 December 2018

Cyangwa niwowe nterahamwe wivuga??? baraguhamagaye uza kureba ,???


gatera 24 December 2018

Ntabwo ari uyu wenyine ubikoze.No muli 1994 interahamwe zasambanyije abagore n’abakobwa zabaga zimaze kwica.Sex izatuma abantu nyamwinshi babura ubuzima bw’iteka.Nicyo cyaha gikorwa n’abantu benshi kurusha ibindi.Gikorwa na millions and millions z’abantu.