Uyu muhanzikazi ukunzwe cyane mu Bwongereza na USA,akunze guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto akunze kwifotoza yambaye ubusa,ariko kuri iyi nshuro yifotoje yambaye utwenda tugaragaza ingano z’imyanya ye y’ibanga.
Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 02 Mutarama nibwo Rita Ora yashyize hanze aya mafoto yatumye benshi bacika ururondogoro.
Rita Ora w’imyaka 28, yari amaze iminsi mu biruhuko by’iminsi mikuru ahitwa Maldives, aho yasohokanye n’umu DJ we ukomeye witwa DJ Nick Grimshaw ukora kuri Radio 1 nawe wifotoje yambaye utwenda two kogana tw’abagore dusa nk’utwa Rita Ora.
Ndabonafite ikintu yibitseho da