Mwiseneza Josiane n’umwari w’imyaka 23 akaba yaravukiye mu karere ka Karongi ahitwa i Rubengera, afite uburebure bwa 1.70 n’ibiro 57. Yasoje amashuri yisumbuye mu byerekeye icungamutungo mu mwaka wa 2017.
Mu matora yabereye ku mbuga nkoranyambaga z’irushanwa rya Miss Rwanda yasojwe Mwiseneza ayoboye abandi bose mu gutorwa n’umubare nyamwinshi, ibi bikaba bimuhesha amahirwe menshi yo gukomeza adatahanye.
Amakuru agera ku kinyamakuru UMURYANGO ngo nuko Umunyarwandakazi w’umuherwe ucuruza ibijyanye n’imideli witwa Mimi Mirage yamaze kwemerera imodoka Mwiseneza Josiane.
Inshuti z’uyu Mimi Mirage nazo zirahamya ko ngo Mwiseneza Josiane ashobora kwegukana imodoka ayihawe n’uyu munyamidelikazi usanzwe wibere ku mugabane w’iburayi.
Biravugwa ko Mimi ashobora guha imodoka Mwiseneza Josiane
Umugani wa flora yamuha scholar ship
Ndumva uyu muherwe aho kumuha imodoka yamuha nka scholarship akajya nko gukomeza amashuri ya Kaminuza. Bityo arangije amashuri iyi modoka yayigurira. Thx
Urabikwiye Josiane rwose
Mutubwire natwe uburyo bwo gutora tumutore
Bnj kambabwire izina ry’imana yandemye kuvanavuka nubwambere nicaye inbetween yaTV ndeba miss Rwanda sukuvugako ntabizi ako habamo Kata nyishi cyane niyompanvu byamvuye kunzoka ako ubu ndayireba liberal josiane namarira aragwa umutima ukampagarara si brague gusa nzagushigikira mpaka pfuye
Rachel Nsengimana
Rachel Nsengimana
uraberewe kuba miss rwanda kwel birakuberey kand ndaguhaye amahigweyose yokuzatsindira amakambayose yurwand ndetse ukazanaba icyamamare kwisi