Print

Abashakashatsi bavumbuye impamvu itari izwi na benshi itera abagabo kunanirwa gutera akabariro

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 8 January 2019 Yasuwe: 5629

Ubu bushakashatsi bushya bwavuze ko nubwo bidakunze kubaho,abagabo benshi bananirwa gushimisha abagore babo mu gihe cyo gutera akabariro kubera ko batoza amenyo yabo kabiri ku munsi.

Abagabo badakunze koza amenyo kabiri ku munsi bagira ibyago byo kunanirwa gutera akabariro

Umugabo umwe muri 5,akunze guhura n’aka kaga ko kunanirwa gutera akabariro kubera ko batagirira isuku amenyo yabo bayoza kabiri ku munsi.

Boffins wiga muri kaminuza ya Jinan mu Bushinwa yakoreye ubushakashatsi ku bagabo bagera ku 213,076 areba neza aho kugirira isuku y’amenyo bihuriye no gutera akabariro asanga abagera kuri 2,8 batagira isuku y’amenyo bakunze kunanirwa gutera akabariro ndetse igitsina cyabo kikanga kubyuka.

Abantu bakunze kunywa inzoga nyinshi,itabi,ibiyobyabwenge bitandukanye,abarwayi ba diabete ndetse n’abarwara indwara ziterwa n’umuvuduko ukabije w’amaraso baba bafite amahirwe menshi yo kuba ibiremba.


Comments

mazina 8 January 2019

Imibonano mpuza-bitsina ki kimwe mu bintu bishimisha cyane Imana yaduhaye.Soma Imigani 5:15-20.Ndetse itegeka abashakanye kubikora,ikababwira ngo "ntimukimane".Bisome muli 1 Abakorinto 7:5.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.