Print

Mwiseneza Josiane yahimbiwe Igisigo kidasanzwe kimutakagiza kiri mu ndimi ebyiri[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 10 January 2019 Yasuwe: 6220

Icyo Gisigo kiri mu ndimi ebyiri kiragira giti"

Mwari mwiza

W’iwacu_ i Rwanda

Imana yaraguhanze iragutanaga

Sura nziza Twese tuzigiraho !

Erega uri Nyampnga ubereye abanyarwanda

English si ikibazo kuko si umuco wacu

Zahabu nyayo ku bari bose bo mucyaro

Afrika yose ikwigireho.

Joyeuse fille Rwandaise

On est ensemble comme a dit Louise MUSHIKIWABO

Soleil de la crête Congo Nile

Immensite de l’intellingence incomparable

Afrique a besoin des femmes comme vous.

NYAMPINGA 2019

Elégante fille d’espoir.


Muri aya marushanwa yo gushakisha umukobwa w’uburanga n’ubwenge uzahagararira u Rwanda muri 2019, Mwiseneza Josiane niwe urikugarukwaho na benshi, uyu mukobwa wamenyekanye kubera kwitabira irirushanwa akoze urugendo rurerure n’amaguru kuri ubu afite abakunzi benshi bamushyikiye kubera umuhate yagaragaje ubwo yitabiraga iri rushanwa, aho abenshi bifuzako yaba Miss Rwanda 2019.


Comments

MAGUFULI 11 January 2019

JOSIANE akwiye ikamba kbx


vava 11 January 2019

Njye na mukundiye ko ateye neza nta cellulite za abiraburakazi afite ku mubiri
Nziko Muri miss Word azaza muri ba bakobwa 5 nka wa umunyaghana 2015 umwe rukumbi wabaye igisonga cya kabiri
Si ubwiza bwo mu maso barebye barebye igihagararo cye na cellulite zitumereye nabi abiraburakazi
Josiane ni nka muks Obama Michel niba mujya mureba amabokoye ameze nka ayabagabo nu urutirigongo rwe
Na amaguru maremare rwose aho mbibonamo josiane
Nuko we ari uwi icyaro undi akaba amecan lady
Naho ntaho wabitandukanyiriza
Ikindi nta wutazi ba bakobwa birabura baba bari muri next top model baciye ibintu abazungu barinda kugenda ingendo bakajya kubazana muri sudani
Kubera urukara rwabo rwaciye ibintu nu uburebure
No kuba bumye nta fet bafite
Nabonye abenshi nta bwiza kukanganye baba bafite
Ariko abo bose nkubwiye baciye ibintu kwisi
Bazwi ni ibitangazamakuru byisi cyane
Murebe muri ba birabura bayobowe na Rupita nyongo
Mu byukuri hose nsanga abirabure babyemera
Bakitwara neza bagendeye ku mico yiwabo batsinda
Ikibi twe twitwara nka abanyaburayi Kandi turi muri Afrika
Bahamagara miss Rwanda hakiyizira metis or icyimanyi bakayoberwa niba uri uwi irwanda
Ntukeke ko abazungu batazi uko twihindura ngo tube beza
Kandi ari ubucucu dusanzwe turi beza
Aho niho dutakariza amanota
Kuko miss Uganda na Kenya ntibari kudutsinda
Iyo tujyana ubwiza bwacu kuremamo
Ntago abaghana baturusha ubwiza baturusha gutora
Abakobwa bazi kugendana nu umuco wabo
Umuzungu wagenze Urwanda yigeze ku mbaza ati
Wambwira gute ko uva mu Rwanda Kandi mbona
Uvuga nkudafite inkesha ku maso
Nashatse ku menya inkesha ku maso icyaricyo
ndaziyoberwa pe!!!!
Nibwo naje kubaza umuhungu twemera mu muco
Ambwirako abanyarwanda kazi bakera bavugaga badashize
Amanga badakanura batuje bafite inseko yu urukundo
Mbese ngo mukinyabupfura
naratangaye ??? Ababyeyi bakuru nukuri ni mutwereke
Umuco wo kurebana inkesha ku maso please
Navuye mu Rwanda cyera ariko iryo jambo
Nukuri narimenyeye ku mu spanish wabaye irwanda
Igihe kinini uzi umuco ku kurusha wowe munyarwanda
Nshyigikiye ko uwo bazatora wese azagarura umuco
Na amagambo meza yi ikinyarwanda
Nkayo yi inshoberamahanga


fred 10 January 2019

uyu mukobwa twamukundiye kuba yaratinyutse kdi kuba yaraturutse inyuma ya Kigali kumva ko miss ari umwana wi kigari cg ko ari umwana WO mumugi


gatera 10 January 2019

Uyu mukobwa rwose arakunzwe cyane,nubwo yavuye mu cyaro.Jyewe icyo namumarira,kerekeranye n’Imana.Mwemereye kumushakira undi mukobwa uzi Bible neza,akayimwigisha ku buntu,kugirango amenye icyo Imana idusaba neza.Nagikora Imana izamuhemba ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Biruta izo modoka bamuha cyangwa Ikamba azabona nka Nyampinga.


Xavi 10 January 2019

ese ko bakomeza bavuga ko twamukunze kubera urugendo yakoze, babonye ntakindi twamukundira? kuki tutamukundira ibisubizo byiza yatanze kuva yatangira? kuki se bwo tutamukundira uburanga cg ikindi ko gukunda bivana nukunda? ntabwo dukunda kimwe, itangazamakuru mwirinde kuvuga ko yakunzwe kubera urugendo yakoze!!! None se mushaka kuvuga ko abakemurampaka bamuha pass kubera urugendo yakoze?


Miss 10 January 2019

Dore igisigo kbs!!!