Print

Musaza wa Mwiseneza Josiane yavuze uburyo yarijijwe n’ibigeragezo yabanje guhura nabyo ubwo yiyamamazaga muri Miss Rwanda

Yanditwe na: Martin Munezero 11 January 2019 Yasuwe: 5308

Samuel usanzwe atuye ku Ruyenzi akaba yatangajeko atigeze amenya ko mushiki we yari afite gahunda yo kwiyamamaza muri Miss Rwanda 2019, ngo yabimenye yamaze kubona Pass aho nabwo yabanje kutabyemera akagira ngo ni Photoshop.

Gusa nyuma yaje gushakisha kuri internet asanga koko mushiki we yabonye Pass ariko ngo nyuma yo gusoma amakuru y’ibyabaye kuri mushiki we aho yagenze n’amaguru 10 Km ndetse akanatsitara ngo amarira yamushotse ku matama.


Comments

Burayobera 11 January 2019

Uyu mwana w’umukobwa yubatse amateka kandi agombe abone ikamba ry’uyu mwaka tu!