Shaddy Boo asanzwe amenyereweho udushya cyane cyane mu myambarire akaba ari na cyo cyamugize ikirangirire ku mbuga nkoranyambaga ,aho usanga yambara bitandukanye kandi amafoto ye akayasangiza abakuzi be kuri izi mbuga nkoranyambaga.
Kuri ubu ifoto yashyize haze ikaba ikomeje gukundwa n’abatari bake ku rukuta rwe rwa Instagram.
Iyi foto n’ubwo nta bitekerezo byinshi yashyizweho imaze kugira abayikunda(likes) zisaga ibihumbi 23 mu masaha 14 gusa
Uramutse uhuye na we ni irihe jambo rimwe wamubwira? Duhe igitekerezo mu mwanya wagenewe ibitekerezo.
Njyewe ndamushyigikiye. Abanyeshyari nibo bari kumusebya ufite umutungo italenta arikoresha uko ashaka ngo aribyaze umusaruro kandi yigeze kuvuga kuriyo ngingo ko aba ari gushaka umugati w’abana be.
Uyu mugore arasabwa kwisubiraho bikomeye kuko ntabwo bimwubahisha.Kandi ibyo arata igihe kizagera bibe ubusa. Namuha inama yo kwicuza akagarukira Imana.
njye ndumva nacyo bitwaye kuko niba aribyo yahisemo afite umpamvu ibukako buri wese agira impamvu ye so don’’t judge her keep it up😎😎🙌🙌👌
kandi ni umubyeyi w’abana ba bibiri kweli🤔,ubuse koko uburere atanga ni ubuhe nk’umubyeyi!!!!!
nyabuna mwansobanurire ibi bintu byateye byo kwambara ubusa haricyo bitumarira cyangwa nibyabindu nunvise bita porn
Ubwo busa bwiyereke wenyine ureke kwiyandarika ntacyo bimarira public ese ubwo numushinga?uzamarira abaturage iki kweli?
Ubonye ibyo ushyigikira. Ngo turi muri. Repubulika?yo kwambara ubusa ibaho? Akantu kadapima n’ikiro yirirwa yanitse!!!!
Buri wese n’amahitamo ye.Ntawavukiye gukora ibyo abandi bamushakaho.
Gusa abamutuka muracyari mu Rwanda rwo ku ngoma ya Cyami.Ubu turi muri Repubulika.Ntangazwa no kubona mutangarira Shaddyboo,ahandi hose ibyo babifata nk’ibintu bisanzwe,nta n’ikinyamakuru cyabyandika kuko nta nyungu bifitiye rubanda
ndumiwe gusara sukwirukakugasozi gusa kbs
uyu ntakindi akwiye usibye kuba yaravumwe na Nyagasani, ntamunyarwandakazi, yewe kiremwa muntu wakabaye umeze utya usibye uwavumwe, arigisha iki?yakabaye ariwe utanga uburere bwiza kuri barumuna be. Gusa nyiribiremwa niwe uzi ikimukwiye. reka ndekere aho.
Uko ikbuno kiba kinini niko inyo ziba ari nyinshi.
Iyo wambaye ubusa inyuma n’imbere nta kiba kirimo.uzabora