Print

Diamond Platnumz yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ifoto yashyize hanze ari gusomanira n’umukunzi we ku kiraro

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 13 January 2019 Yasuwe: 6532

Diamond ukunzwe na benshi muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera iyi foto ari kumwe n’uyu mukunzi we yashyize hanze ku munsi w’ejo.

Diamond yifotoje ari gusomana bidasanzwe n’umukunzi we Tanasha

Umunyamakuru Tanasha Barbieri Oketch w’imyaka 22 uri mu rukundo na Diamond,ni umwe mu bakobwa bavuzweho cyane mu mpera z’umwaka ushize nyuma y’aho uyu muhanzi wa Bongo Flava atangaje ko bazashyingiranwa kuwa 14 Gashyantare uyu mwaka gusa biza guhinduka.

Mu minsi ishize Diamond Platnumz aherutse gutangaza ko yigije inyuma italiki y’ubukwe bwe kugira ngo buzitabirwe n’ibyamamare bikomeye muri Africa ndetse no muri USA.





Imiterere ya Tanasha yakuruye Diamond


Comments

Ububwa 14 January 2019

Aka kagabo kabaye akabwa kirirwa gahunahuna mu bakobwa.kazapfa nabi kubera ako karizo ke yirirwa avika avikura.muzaba mureba amherezo ndabarahiye.


pazzo 13 January 2019

Hhhhhhhh nawe namara kumubyaza murabizi ibizakurikira