Print

Perezida Paul Kagame,madamu we n’abandi bayobozi basaga 700 bitabiriye umuhango wo gusengera igihugu [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 13 January 2019 Yasuwe: 1489

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki ya 13 Mutarama 2019,nibwo aya masengesho yo gushimira Imana ibyo yagejejeho u Rwanda muri 2018 ndetse no kuyiragiza umwaka wa 2019 yabaye ku nshuro ya 23.

Umushyitsi mukuru muri aya masengesho ategurwa na Rwanda Leaders Fellowship, yari nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Abayobozi bagize guverinoma bazamuye ishimwe ndetse bashimira Imana ku bw’imigisha ikomeje guha igihugu cy’u Rwanda.








Source:IGIHE