Print

Mu mafoto adasanzwe reba agace ka mbere ku isi gatatswe n’ibyiza gusa[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 15 January 2019 Yasuwe: 5257

Aka gace gatuye mu ntara yitwa Overijssel gatuwe n’abantu bagera ku 2600, ba mukerarugendo bagasura basabwa gusiga imodoka zabo hanze y’ako gace bagatembera bakoresheje ubwato buto bwahagenewe bunyuma mu nzira z’amazi ziri buri hose.

Aka gace kamamaye cyane ku isi mu mwaka wa 1958 nyuma y’aho umukinnyi wa filime zo gusetsa witwa Bert Haanstra ahakiniye iyitwa Fanfare yaje kwamamara cyane.










Comments

mazina 15 January 2019

Mbega byiza!!!Gusa tujye twibuka ko isi nshya dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13,izaba imeze nka EDEN yose.Izaba ari nziza cyane.Nta muntu uzongera gukena,gusaza,kurwara cyangwa gupfa.Soma Ibyahishuwe 21:4.Tuzaba dukina n’intare,inzoka,etc...Soma Yesaya 11:6-8.
Niba ushaka kuzaba muli iyo Paradizo cyangwa ukajya mu Ijuru Rishya rivugwa muli uwo murongo,Yesu agusaba kutibera mu byisi gusa,ahubwo "ugashaka ubwami bw’imana" buzaza mu myaka mike iri imbere (Matayo 6:33).Niyo wapfa Paradizo itari yaza,Yesu agusezeranya kuzakuzura ku Munsi wa Nyuma.Niwe wabyivugiye muli Yohana 6:33.Abibera mu byisi gusa,ntabwo bazazuka (Abagalatiya 6:8).