Print

Abafana ba Mwiseneza Josiane bibasiye bikomeye umunyamakuru w’imikino wamuvuzeho amagambo atari meza

Yanditwe na: Martin Munezero 16 January 2019 Yasuwe: 13246

Muramira Regis nabo bakorana mu kiganiro cy’imikino bakaba bagarutse kuri Mwiseneza Josiane aho bavugaga ku kwamamarakwe n’uburyo ashyigikiwe cyane kuri Instagram aho kumuvuga nabi cyangwa se kuvugako adakwiye ikamba bisa no gukora icyaha.

Igihe bari bagikomoza kuri iyo ngingo nibwo Regis yavuzeko akurikije uko yamubonye atifuza nabusa ko yamubera Miss.

Ibi rero bikaba byahagurukije abafana be Josiane kuri Instagram aho bakomeje kugenda basaba ifoto ya Regis ngo bamugereranye na Josiane barebe niba amurusha uburanga,abandi bamutuka ibitutsi bidasanzwe byuzuyemo no kumusebya.


Comments

celestin 19 January 2019

Muramira nimumreke akomeze yirirwe muri Restora Fantastic yirire ibiryo ababeshya ngo arabamamariza nabihaga arwanireyo nk’izindi ngegera zose bamufunge, kubw’impuhwe bamufunguze atangire yidoge!!! Ubwo yari avuye Fantastic Kurya ibyubuntu da!!!


17 January 2019

Buriya we asa gute


Iza Atha 17 January 2019

Muramira Regis! Mbega umunyamakuru utagira isoni. Ntekereza ko nk’umuntu wize utakagombye kuvuga amagambo nk’ariya kuri Josiane.
Ngo ntiyakubera Miss kweri? Gute se ahubwo? Muhuriye he? Nta soni? Niba ushaka hit waje tukajya mu mitsi wankubita nkaguhesha hit ko nanjye ntoroshye?

Bubaye ubugira kangahe uvuga ibintu nk’ibyo? NTUZONGERE Regis. Urimo urica indangagaciro. Uvuga nabi, uratukana.....Sinzi ibyawe. Wanakora ibindi erega ubonye itangazamakuru utarishoboye.


ATHA 17 January 2019

Muramira Regis! Mbega umunyamakuru utagira isoni. Ntekereza ko nk’umuntu wize utakagombye kuvuga amagambo nk’ariya kuri Josiane.
Ngo ntiyakubera Miss kweri? Gute se ahubwo? Muhuriye he? Nta soni? Niba ushaka hit waje tukajya mu mitsi wankubita nkaguhesha hit ko nanjye ntoroshye?

Bubaye ubugira kangahe uvuga ibintu nk’ibyo? NTUZONGERE Regis. Urimo urica indangagaciro. Uvuga nabi, uratukana.....Sinzi ibyawe. Wanakora ibindi erega ubonye itangazamakuru utarishoboye.


17 January 2019

Namureke Gose Canke Nimba Yarigeze Kukimwima Abimubwire Amuvugir Neza Hanyuma Baze Kuvyumvikana Suko X?


rugira 17 January 2019

hhhhh mumureke yaravangiwe kabisa Reba ukuntu asa kabisa bahuriyehe na josiane


Bepa lee 17 January 2019

Rero ngewe abantu mumeze nkaho muba mutakurikiye Muramira Regis ni umunyamakuru njyewe nemeranya nawe ibyo yavuze ikindi nuko kuba yaravuze ko uriya mukobwa atamubera miss. Yego nyine yabivuze uko abyumva ariko nanjye rwose uriya ntakwiye kuba miss rwanda.


17 January 2019

Regis nabo bakorana murabohorako bavuga ukuri kd ukuri kuraryana umva bavuze uko babyumva kd nuburenganzira bwabo kuko sibamututse kd ntamikibi bamuvuzeho so rero mutuze ntagikuba cyacitse


niyirora 17 January 2019

ndabona muramira na stiven bose ari nta bwenge


cassa 17 January 2019

Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.


cassa 17 January 2019

Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.


cassa 17 January 2019

Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.


Mop 17 January 2019

Cyokoza har’ikintu maze kubona ubungubu abantu benshi barigushaka ukuntu bazamukira kw’izina ubungubu josiane afite bashaka kumuriraho hit nuyu regis rero kub’aribyo ashaka simbigarukaho.


Kagina 17 January 2019

Jye mbona Muramira akwiye kuva mw’itangazamakuru akigira Gishwati kuragira inka. Ndibuka ibitutsi biteye isoni yatutse umuntu wari uvuze igitekerezo cye kuri Film Muramira yari yakoze kuri football yo mu Rwanda. Nta bunyamwuga bwe nta ndagaciro agira, nawe yari akwiye kwamburwa ubutore.


17 January 2019

nari narayobewe impamvu ukunda guhezwa mumamana kumbi nuko ntabitekerezo bizima ugira. ubworero ngonawe wavuze urutwa nus.............


Ngirabagenzi Obed Gave 17 January 2019

Ariko buriya uriya munyamakuru wanga umuntu ngo ntiyamubera miss kd turemye mu ishusho y’Imana ubwo yanze Imana nawe yiyanze ntaduce intege tera imbere Mwiseneza!


Schadrack 17 January 2019

Bajye bavuga imikino ibindi babyihorere


17 January 2019

ariko kuki abantu bababazwa nuko abandi bateye imbere buriya regis yumva afite ubwenge niyo josiane ataba miss ntabwo regis ategetswe kurya kubitangaza kuri radio kdi ntibinamureba nareke undi mwana atere imbere we


[email protected] 17 January 2019

mwiseneza ntanaho ahuriye na cya cyohe cyawe ngo nu mugore wawe,wirirwa yiyandarika


maman paccy 17 January 2019

mumureke nubundi ndabona uwo muramira asa nagakoko arko aturekere miss wacu dukunda


jgjgkgk 17 January 2019

Nari ngize ngo ni undi, naho niba ari Muramira Regis mumureke, ashobora kuba afite ikibazo kitaramenyekana, none se umuntu wumva yasebya ibintu byose . Imbere ye ngirango ntacyo abona ko ari cyiza. iyo mfunguye Radio nkumva niwe, mpita mpindura umurongo.


Regis 17 January 2019

Ahubwo c uwo munyamakuru w’amatiku nako ni City Radio yose urubuga rw’imikino, abanyamakuru bapfa kuvuga ibigambo byose bipfuye ahubwo ngewe nibaza niba nta buyobozi bagira, ahubwo babagire inama naho kuko iriya Radio barayangiza, Muramira Regis se ni igiki buriya, dore isura dore isura ahubwo ntimumwereke abana banyu batiruka


Eduard Gasogi 17 January 2019

Muramira ntakwiye kuba umunyamakuru ari gusebya umwuga w’itangazamakuru yarayobye azarebe ibindi ajyamo,ariko nta n’ibindi yashobora


Steven 16 January 2019

Regis n’umuntu w’umugabo kabsa uriya mukobwa ntiyaba na miss w’umudugudu ahubwo abanyarwanda ni banyamujya iyobijya kuko Josiane afite ubwiza hafi yantabwo kdi burya ngo uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe!!!!


Steven 16 January 2019

Regis n’umuntu w’umugabo kabsa uriya mukobwa ntiyaba na miss w’umudugudu ahubwo abanyarwanda ni banyamujya iyobijya kuko Josiane afite ubwiza hafi yantabwo kdi burya ngo uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe!!!!


Steven 16 January 2019

Regis n’umuntu w’umugabo kabsa uriya mukobwa ntiyaba na miss w’umudugudu ahubwo abanyarwanda ni banyamujya iyobijya kuko Josiane afite ubwiza hafi yantabwo kdi burya ngo uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe!!!!


Rogers 16 January 2019

Nimuvane amatiku aho none c uyu Regis muyobeweko avugisha ukuri mubyo avuga byose,arayo majigo cg amabinga uyu josiane mwagizigitangaza arabifite kdi ntiyaba Nyampinga adafite uburanga muzarebe uko asa arihariye ntanundi basa ,rereo mwanga umuntu uvuga ukuri ikindi kdi abatuka uyu Regis ibi nitoto kuriwe ntaawasiwasi nimwe byamutera kuko numuntu uzi guhangana kuburyo nibirenzibi yabiciyamazi murasa nkaho muzunguriza imirizo hirya mutanamurya nurwara.


kalisa 16 January 2019

mumubwire wenda yakumva,uzi ukuntu bihaye undi mwana kuki mutimenya ariko.na Regis koko naba nabandi naho wowe ujye wicecekera


olivier 16 January 2019

Uyu muramira ubushize yigeze gutukana kuri radio nabwo ari mukiganiro atuka umufana.none arasubiriye ese nkumunyamakuru utagira umuco ubundi bamwirukanye akagenda wenda akajya muri byabitangazamakuru njya mbona ngo ni itahuka bivuga ibisebya igihugu gusa.mbona adakwiye kuba mu muryango nyarwanda ahubwo akwiye kuba mu mashyamba nkizindi nyangabirama zose uretse wowe ntanicyo wamuhinduraho uretse kumuvuga kugirango nawe tugutindeho wamamare ngaho zana bashiki bawe batahinze maze bamurushe eeee!!!!! Basanga batanahinguka aho abandi bari niba Musa.


16 January 2019

Ariko abantu baranetsa ubu umuntu w, umugabo ungana gutya akajya ku bana bangana gutya koko nibura mutiyubashye mujye mwubaha aho mwicaye


16 January 2019

Ariko abantu baranetsa ubu umuntu w, umugabo ungana gutya akajya ku bana bangana gutya koko nibura mutiyubashye mujye mwubaha aho mwicaye


irafasha felicien 16 January 2019

Rwose tutirengagije bariya banyamakuru ni gatumwa babahaye akanu sinumva uburyo bafata urubuga rw’imikino bakaruhinduramo gusebanya rwose police na ministeri y’umuco na siporo babakurikirane nibinaba ngombwa iriya radio bayifunge kuko nubundi manager wa radio arabibona nagire icyo abikoraho bariya banyamakuru tuzabageza mubushinjacyaha kuko kwibasira umuntu noneho sinikiganiro cyimyidagaduro wagura ngo iriya radio yabuze ibiganiro byubaka umuryango.rw mutubere aba ambasador rwose turenganure abanyarwanda turwanya abanyamakuru batarabumwuga


big boss 16 January 2019

Nakumvaga kuri radio nkuvarwose urumugabo kumbe wapi ntabyawepe maze wigaye imyumvire mibi


gakuba 16 January 2019

aliko baramurenya yavuze ibingana, nubwenge bwe inkirabuheri se wumva yavuga iki !!ibyo yavuze by ubwirasi ngo abahinzi, naborozi, we avuka, kuli bande ese buriya we wamushakira mubaki ra! !!agomba kuba atarireba, ngo amenye ikiciro, abarizwamo,