Print

Urukiko rwo muri Uganda rwanze ko Alubumu ya nyakwigendera Mowzay Radio ishyirwa hanze

Yanditwe na: Martin Munezero 18 January 2019 Yasuwe: 1642

Ibi bibayeho mu gihe ushinzwe inyungu (manager) mushya w’itsinda rya Goodlife yari yatangaje ko hazabaho kumurika indirimbo Radio yaririmbye ndetse hakabaho n’umuziki wa bucece.

Rubinyujije mu itangazo uru rukiko rwanzuye ko nta muntu n’umwe wemerewe gukoresha ibihangano bya Mowzey Radio atabanje guhabwa uburenganzira n’urukiko rushyize imbere inyungu z’umuryango we.

Itangazo riragira riti “ Turamenyesha abantu bose, ibitangazamakuru ko nta muntu cyangwa urwego rwemerewe gushyira hanze ibihangano bya nyakwigendera Radio nta burenganzira ahawe n’urukiko.”

Iri tangazo riburira abantu bose ko uzarenga kuri uyu mwanzuro azahanwa n’amategeko.


Comments

ibyo nukuri nakunu rabanda bagira biseness ibihangano bya nyakwigendera radio umuryangowe utabizi 19 January 2019

ni djuma cent


ibyo nukuri nakunu rabanda bagira biseness ibihangano bya nyakwigendera radio umuryangowe utabizi 19 January 2019

ni djuma cent