Iki kibazo cyakunze kugenda kibasira abastar nyarwanda by’umwihariko babakobwa aho bantu bagenda babiyitirira maze bagashaka kuba babyaza umusaruro izina ryabo mu buryo butandukanye.
Nyuma yamasaha make gusa Meghan yambitswe ikamba rya Miss Rwanda 2019, abantu cyangwa se accounts zisaga 30 zimwiyitirira zikaba zamaze gukorwa, byumvikana ko abifuza kugira icyo bavuga nuyu mukobwa bitari buze kuborohera na busa kubasha kumenya account ye ya nyanyo muri izo 30 zimwiyitirira.
Twabibutsa ko ikibazo nk’iki cyigeze kuba kuri Miss Mutesi Jolly, aho umuntu yamwiyitiriye maze akarya abantu amafaranga bibeshya ko bari gukorana Business na Jolly.
biriya ninkibitero byikoranabuhanga bamugabyeho. si urukundo