Iby’ubukwe bwa Diamond Platnumz yabitangaje mu mezi asaga 3 atambutse, Uyu muhanzi ubwo yari kuri Radio na Televiziyo yashinze, niho yahamirije ko agomba guha akazi Tanasha kuri Televiziyo ya Wasafi mu rwego rwo kugabanya ingendo zajyaga muri Kenya kumureba .
Diamond Mu magambo ye make cyane yagize ati “njye ndabona umukunzi wanjye (yavugaga Tanasha) azagira ikiganiro kihariye kuri Wasafi Tv”.
Abafana b’aba bombi usanga batunga agatoki uyu muhanzi ko ubukwe bwe bushobora gutinda cyane kandi aba ababwira igihe akacyimura.