Ikinyamakuru Actualite.cd cyatangaje ko kuri iki Cyumweru aribwo abanyeshuli biga muri Kaminuza ya Lubumbashi (UNILU),bigaragambije kubera ko bamaze iminsi barabuze amazi n’umuriro ndetse Leta ikaba yarongereye amafaranga y’ishuli.
Abantu bane barimo n’umu Ofisiye 1 bapfiriye muri iyi myigaragambyo y’aba banyeshuli bituma Tshisekedi ategeka ko umu Ofisiye mukuru watumye iki kibazo atabwa muri yombi agashyikirizwa inkiko.
Tshisekedi kandi yategetse ko icyemezo cyo kongera amafaranga y’ishuli cya Minisitiri w’Uburezi,Steve Mbikayi, gihagarikwa vuba vuba.
ntago AW qaa3ssqe