Print

Aba nibo bagore 10 muri Afurika bafite imiterere idasanzwe irigukurura abagabo cyane kurusha abandi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 30 January 2019 Yasuwe: 8943

Shene ya Televiziyo yo muri leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa TS TV yashyize hanze urutonde rw’abakobwa n’abagore bakomoka muri afurika bafite uburanga burangaza abagabo benshi bitewe n’imiterere yabo.

Iyi televiziyo yakoze uru rutonde yagendeye ku rutonde rwakozwe mu mpera za 2018 maze batangaza urutonde rw’abakobwa 10 barangaje abagabo benshi muri 2018.

Mucyo bagendeyeho cyane, bagiye bareba abakurikirwa n’abantu benshi yaba ku mbuga nkoranyamba ndetse no mu bitangazamakuru, abashakishijwe cyane kuri internet ndetse nabo ubwabo bakoresheje amatora bibafasha kubona uru rutonde.

1. Eudoxie Yao (Cote d’Ivoire)

2. Fath Nketsi (South Africa)

3. Bakitende Esther (Uganda)

4. Sanchoka (Tanzania)

5. Corazon Kwamboka (Kenya )

6. Kween Africa (South Africa)

7. Lemo Lucia (South Africa)

8. Mpho Khati (South Africa)

9. Matilda Hipsy (Ghana)

10. Abi Diva (Nigeria)


Comments

Lamar 31 January 2019

Mbega abagore&abakobwa babi!!!!!!abakobwa beza baba i Kigali na Addis Ababa!


k 30 January 2019

nkuyu munyamakuru aba mbaje rwose .kera umugabo yahumye amaze kubona isakebamubwira bati hano hanyuze inzovu ati ubwo irangana na yasake se uyu munyamakuru nawe ashobora kuba yarahumyeamaze kubona bariya bagore gusa nshuti tembea uone watoto acha kuturetea uchafu nubikenera uzambaze nkwere abana naho bariya ni inzoga y’inteme


mazina 30 January 2019

Kuba mwiza cyangwa kuba "umujene",ni byiza rwose.Nta muntu utabyifuza.Ariko ikibabaje nuko aribyo ahanini bikurura ubusambanyi.Ugasanga abagore n’abakobwa beza benshi bicuruza.Ntabwo Imana yaduhaye umubiri kugirango tuwucuruze.Bible ivuga ko ubwiza n’ubuto (Youth) ari ubusa.Kubera ko ejo urasaza ntihagire uwongera kukureba.Imana ishaka ko dukoresha ubuto bwacu mu gushaka Imana yaturemye.Byisomere muli Umubwiriza 12:1.Ababikora,kimwe n’abantu bose bumvira Imana,izabahemba kubaho iteka muli paradizo.Ariko abibera mu byisi gusa,cyangwa abakora ibyaha bakanga kwihana,izabima ubuzima bw’iteka.Ninde muntu numwe udakunda ubuzima?Abakora ibyo Imana itubuza,berekana ko badakeneye kubaho iteka.Mu magambo make,baba bicira urubanza.
Ni ukudatekereza neza.