Print

Tupac agiye gukorana indirimbo n’umuraperikazi w’umunyamerika

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 2 February 2019 Yasuwe: 3961

Omar Shakur wakunzwe cyane mu myaka ya za 90,yavuzweho kuraswa n’amabandi ubwo yari avuye kureba umukino w’iteramakofi mu mujyi wa Las Vegas,ariko abamuba hafi barimo J. Knight wari ufite se nawe w’umuraperi,yabwiye Dailymail TV ko mu minsi mike agiye gushyira hanze indirimbo ari kumwe na Cardi B.

Yagize ati “Ngiye kubagarurira Tupac bavandimwe.Munyizere Tupac ameze neza.Benshi ntibakwizera ko hari indrimbo ngiye kubahereza ya Tupac.

J. Knight yavuze ko Tupac azakorana indirimbo n’abahanzikazi barimo Cardi B kubera ko ari kuzamuka neza.

Nubwo byavuzwe mu binyamakuru ko Tupac yarashwe muri Nzeri umwaka wa 1996,uyu mugabo utunganya imiziki witwa J. Knight aherutse gutangaza ko uyu muraperi yibereye muri Maroc.


Comments

2 February 2019

Mana Yange! Ni Satani Se?


2 February 2019

Mana Yange! Ni Satani Se?


Kwajina La Yesu 2pac 2 February 2019

Mana Yange! Ni Satani Se?