Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buri mu Murenge wa Shyara/Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 6 February 2019 Yasuwe: 82

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 19/02/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwanditse ku mazina ya Ndayisenga Jean Baptiste na Mukangarambe Eugenie buherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Kamabuye ngo hishyurwe umwenda aba babereyemo Sacco Shyara.

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri 0788734008.

Ku bindi bisobanuro wareba ku itangazo riri hano hasi: