Print

Zari yerekanye impano z’agatangaza yahawe n’umukunzi we mushya[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 16 February 2019 Yasuwe: 6820

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza Zari ari kwerekana indabo n’impeta yahawe n’umukunzi we mushya yagize ibanga aho yavuze ko ari impamo z;agaciro ku buzima bwe.

Zari kuri ubu uherereye mu gihugu cya Afurika y’Epfo hamwe n’urubyaro rwe amakuru aturuka muri kiriya gihugu avuga ko uyu mugore afite umugabo bari mu rukundo kugera magingo aya atifuza gushyira hanze.

Mu magambo zari yashyize ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko ari iby’agaciro kenshi ku mpano y’indabo n’impeta yamuhaye kuko yamurutiye amagana n’amagana.

Twakwibutsa ko Diamod na Zari hashize umwaka batandukanye aho amakuru yuko batandukanye yamenyekanye taliki ya 14 Gashyantare 2018 ku munsi wahariwe abakundana .


Comments

Charles 16 February 2019

Apuu !!! Uburaya buri mu bagore bamwe na bamwe Kenshi ntibakinya ko bashaje,turabihaze.

Cyakoze niba ako gasore bemeranyije ku button area vagabondage sexuel ntacyo byaba bitwaye.

Bizamuhire.


segitare 16 February 2019

Akabaye icwende ntikoga.Uyu mudamu amaze kubana n’abagabo bazwi babiri ndetse babyaranye abana 4.Bose ntawe bateye igikumwe.None aracyakomeza gushaka abo baryamana abyita ko "bari mu rukundo".Ndiwe nareka gusambana,ntihana ngasaba Imana imbabazi.Kuki abantu bakuba na zero amategeko y’Imana?Kuki batumva ko bizababuza ubuzima bw’iteka?Ubuzima ntabwo ari ukwishimisha ukora ibyo Imana itubuza.Ni ukutagira ubwenge bwuzuye.Nubwo bikorwa na millions nyinshi.