Uche Okoye yavuze ko mu nzozi ze zose ahora arota umuhanzi Wizkid ndetse kuri we nabasha kumugusha bagasambana inzozi ze zizaba zibaye impamo.
Uyu mukobwa w’umu slay Queen muri Nigeria,yavuze ko akunda Wizkid bikomeye ariyo mpamvu yifuza ko bazahura bagakora imibonano mpuzabitsina.
Okoye yavuze ko yifuje kuryamana na Wizkid mbere y’uko ashaka ndetse ngo n’ubu aracyabyifuza ku buryo nabigeraho bizamushimisha cyane.
Uyu mugore yasabye buri wese ko yamuhuza na Wizkid bakaryamana kuko abyifuza cyane ndetse yagiye asangiza abantu bakomeye aya magambo kugira ngo iki cyifuzo cye bazakigeze kuri Wizkid.
Namwe munyumvire.Kuba yumva ashaka gusambana,ntacyo bimubwiye.Siwe wenyine ubikora.ahubwo bikobwa n’abantu millions and millions.Kuba Imana yaturemye ibitubuza,ntacyo bibabwiye.Mu magambo,abantu bose bavuga ko "bakunda kandi batinya Imana",ariko benshi bakayihakanisha ibyo bakora.Imana nubwo ibihorera,yashyizeho umunsi w’imperuka,ubwo izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza nkuko Imigani 2:21,22 havuga.It is a matter of time.Imana ikorera kuli Calendar yayo.Kwishimisha ukora ibyo Imana yaturemye itubuza,ni kugira ubwenge bucye.Kuko bizatuma Billions/Milliards z’abantu Babura ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Mujye mwibuka uko byagenze ku gihe cya Nowa.Imana yarimbuye abantu bose bari batuye isi,isizaga gusa abantu 8 bayumviraga.Yesu yavuze ko ariko bizagenda ku munsi w’imperuka wegereje.
Imana ikweze wowe mukobwa,umuntu wanashatse koko ukamutumaho ibyo,washatse uwawe se ko abasore bahari ari benshi,isi irikoreye rwose