Print

IGICE CYA III:Vestine yahishuriye abagore amabanga yabafasha mu gushimisha no gufata neza abagabo mu gihe bari gutera akabariro-MWUMVE HANO

Yanditwe na: Martin Munezero 21 February 2019 Yasuwe: 16004

Vestine ufite ikiganiro kuri Radio imwe hano mu Rwanda kiba mu masaha y’ijoro agiye kuzajya akorana n’ikinyamakuru UMURYANGO biciye kuri Channel yacu ya Youtube ’UMURYANGO TV’ aho tuzajya tubatambukirizaho inyigisho ze zifasha abashakanye mu kubaka umuryango nyarwanda ku bijyanye n’imyororokere,kuri iyi nshuro yavuye imuzi amabanga y’umugore agomba gukoresha mu gushimisha no gufata neza umugabo mu gihe cyo gute akabariro.

Muri iki kiganiro yavuze ko amwe mu mabanga indaya arizo zikunze kuyakoresha ari nayo mpamvu abagabo bamwe na bamwe bazikunda kurusha abagore babo bitewe n’ibyo zigenda zibakorera.

KURIKIRANA IKIGANIRO CYA VESTINE MU BURYO BURAMBUYE MURI VIDEWO IRI HASI UMENYE AMABANGA YOSE UMUGORE AGOMBA GUKORESHA:


Comments

25 January 2020

ndashaka numero telephone ya Vestine