Print

Uyu mukobwa w’imyaka 18 warongowe n’umusaza w’imyaka 70 ngo bisigaye bimubabaza bikamutera n’ikimwaro kubera abantu[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 24 February 2019 Yasuwe: 5397

Uyu mugore Samantha yavuze ko benshi mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bamututse cyane ndetse bita umugabo we mucutse umumpe kubera ikinyuranyo cy’imyaka iri hagati ye na JR.

Samantha yavuze ko uyu mugabo we bahuye afite imyaka 18 ndetse nyuma y’iminsi mike bahise bakundana bemeranya kubana.

Umuryango wa Samantha waramurwanyije ndetse umubuza gushakana n’uyu sekuru ariko abima amatwi ahitamo kwimukira mu nzu ye iherereye ahitwa Berryville muri Arkansas,uyu mugabo we wahawe pansiyo ayimusangamo barashyingiranywa.

Kugeza ubu uyu mukobwa n’uyu musaza ntibari babyara bari gukora ibishoboka byose ngo babashe kubyara dore ko bamaze iminsi babana.

Uyu Samantha yavuze ko iyo ari kugendana n’uyu mugabo we bavuga ngo ni sekuru bikamubabaza cyane ndetse ngo niyo basomaniye mu ruhame bita umugabo we ko asambanya utwana duto bikamutera ikimwaro.



Comments

25 February 2019

Ko yamwishyiriye abizi kandi abishaka aragira ipfunwe ry’iki?
Izi ni za ngaruka zo kutanyurwa bagakunda Cash za ba SugarDady.

Kutanyurwa bitera uburaya, uburaya bugatera kutanyurwa muri make biva inda imwe. Niyihangane azabyumva ashake.