Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 08/3/2019 saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka wa BIZIMANA John Bosco uherereye mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Kigali, Akagali ka Mwendo kugira ngo harangizwe urubanza SORAS AG LTD yatsinzemo Bizimana John Bosco.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788734008