Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu uherereye mu murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 25 February 2019 Yasuwe: 241

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 05/3/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa MUKANIYONZIMA Emime asangiye na MUDAHERANWA Hesron uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyarugenge, Akagali ka Kabuye, Umudugudu wa Cyahafi kugira ngo harangizwe urubanza Icyerekezo Sacco Nyarugenge yatsinzemo Mukaniyonzima Emime na Mukashyaka Elisabeth.

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788734008