Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 05/3/2019 saa kumi z’amanywa (16h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa MUZIRAKUGISHA Jean Marie Vianey asangiye na NTANDIMWE Ernestine uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyarugenge, Akagali ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare kugira ngo harangizwe urubanza Ntabareshya Vital yatsinzemo Muzirakugisha Jean Marie Vianey.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788734008