Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 06/3/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu y’ubucuruzi ya Uwimabazi Helene na Umwanzavugaye Jean Pierre uherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyanza, Umudugudu wa Murambi kugira ngo hishyurwe amafaranga Uwimbabazi Helene abereyemo Ntawizera Etienne.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788834635