Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 01/3/2019 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa Tuyisenge Emmanuel uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Rutare kugira ngo harangizwe urubanza Sacco Shyara yatsinzemo Tuyisenge Emmanuel.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788734008