Uburwayi buza akenshi butateguje kandi bukazahaza umuntu, rimwe na rimwe bukamuhitana. Nta kiruta ubuzima niyo mpamvu iyo ubashije kubona umuntu wabasha kukuvura ukagarura ubuzima biba ari amahirwe.
Dr Peter Murugu usanzwe avura indwara zitandukanye zirimo amibe, igifu, umwijima, impyiko, imitsi n’izindi zitandukanye, kuri ubu yaje gukorera mu Rwanda aho yizera ko abanyarwanda bakeneye serivisi atanga.
Avuga ko igitekerezo cyo gufungura imiryango mu Rwanda yagikuye muri Uganda ubwo yajyaga gukorerayo abantu baho bakamubwira ko serivisi ze zikenewe cyane mu Rwanda, niko guhita atangira gushakisha uko yaza mu Rwanda.
Yafunguye amarembo mu karere ka Gasabo i Nyarutarama aho bita mu kabuga ka Nyarutarama ndetse kuri ubu yatangiye kwakira bamwe mu bashaka kwivuza indwara zitandukanye.
Ko atatanze nimero ze?