Print

Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka

Yanditwe na: 2 March 2019 Yasuwe: 2745

Uburwayi buza akenshi butateguje kandi bukazahaza umuntu, rimwe na rimwe bukamuhitana. Nta kiruta ubuzima niyo mpamvu iyo ubashije kubona umuntu wabasha kukuvura ukagarura ubuzima biba ari amahirwe.

Dr Peter Murugu usanzwe avura indwara zitandukanye zirimo amibe, igifu, umwijima, impyiko, imitsi n’izindi zitandukanye, kuri ubu yaje gukorera mu Rwanda aho yizera ko abanyarwanda bakeneye serivisi atanga.

Inyubako ikoreramo ivuiro rya Dr. Murugu

Avuga ko igitekerezo cyo gufungura imiryango mu Rwanda yagikuye muri Uganda ubwo yajyaga gukorerayo abantu baho bakamubwira ko serivisi ze zikenewe cyane mu Rwanda, niko guhita atangira gushakisha uko yaza mu Rwanda.

Yafunguye amarembo mu karere ka Gasabo i Nyarutarama aho bita mu kabuga ka Nyarutarama ndetse kuri ubu yatangiye kwakira bamwe mu bashaka kwivuza indwara zitandukanye.

Dr. Murugu asuzuma bimwe mu bikoresho byo mu ivuriro

Comments

John 2 March 2019

Ko atatanze nimero ze?