Umukobwa wa Buhari witwa Hadiza Bello n’umwana we baciye ibintu kubera ifoto nziza bashyize hanze,abayibonye bavuga ko itagaragaza ubwiza bwabo gusa ahubwo ihesha ishema umuryango bakomokamo.
Benshi bavuze ko ubwiza bwa Hadiza Bello bumutembamo ndetse bigaragaza ko ari umukobwa wa perezida koko.
Muhammadu Buhari aherutse gutorerwa kongera kuyobora igihugu cya Nigeria atsinze mugenzi we bari bahanganye Atiku Abubakar utarabasha kwemera ibyavuye mu matora.
uyu mukobwa ni mwiza pe afite uburanga buhebuje uwo imana ihaye imuha byose