Print

Umukinnyi wa filimi w’umunya Portugal yashyize hanze amafoto yo gushotora Cristiano Ronaldo [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 12 March 2019 Yasuwe: 4341

Uyu mukinnyi wa Filimi wavukiye muri Portugal ariko we n’umuryango we bakimukira muri USA afite imyaka 2,yashyize hanze aya mafoto akurura abagabo avuga ko ari ayo gutera akanyabugabo Cristiano Ronaldo n’abagenzi be mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Euro 2020 bazahura na Ukraine na Serbia.

Uyu mukobwa w’imyaka 36,yagaragaye mu ma filimi atandukanye ariko Camel Spiders, Showgirls 2 na Blue Dream.

Nubwo uyu mukobwa afite ubwenegihugu bwa US,yagaragaje ko akunda igihugu cye cya Portugal gusa bamwe bavuze ko ari uburyo bwo gushotora kabuhariwe Cristiano Ronaldo usanzwe akunda abakobwa cyane.








Comments

gatare 12 March 2019

Aba STARS n’inkumi,wagirango ni itegeko.Biraborohera kuko abakobwa benshi bakeka ko umu STAR aba ari umuntu udasanzwe.Bigatuma abakobwa bishyira abahungu,bakaryamana.Nubwo benshi mubyita ngo" bari mu rukundo",ntabwo ari byo kuko iyo amaze kuguhaga,araguta agafata undi.Ibyo se nibyo mwita urukundo?Ikirenze ibyo,bibabaza imana yacu itubuza gusambana.Yaduhaye sex kugirango twishimane gusa n’umuntu tuzarongorana officially.Soma Imigani 5,imirongo 15-20.Abantu bose bakora ibyo imana itubuza,ntabwo bazaba muli paradizo nkuko 1 Abakorinto 6,imirongo ya 9 na 10 havuga.Ntacyo bimaze kwishimisha mu nkumi,hanyuma mwembi mukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Abantu bumvira imana,nubwo nabo bapfa,bazazuka ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Yohana 6:40.