Iri shuli ribanza rya Rubenga riherereye muri Komini Giteranyi mu ntara ya Muyinga mu Burundi ryavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino ku isi kubera ukuntu ryasenyutse cyane.
Benshi mu Barundi n’ababonye iyi foto bababajwe bikomeye n’uko iri shuli ryangiritse kuri uru rwego basaba Leta y’iki gihugu kugira icyo ikora ngo abana bigire ahantu heza.
Benshi bavuze ko batari bazi ko mu Burundi hakiri amashuli ameze gutya atanafite ibikoresho nkenerwa bifasha umunyeshuli kwiga neza.
iri shuli rya Rubenga ryaciye ibintu hirya no hino muri EAC
ABARUNDI NABAMBERE KWISI! !!! NINZU YINGURUBE NTIMERA KURIYA BURIYA BYOSE BITERWA NU RWANDA! !!!AKUMIRO NAMAVUNJA