Print

Umunyarwandakazi uherutse kwiyamamariza kuba Miss Rwanda yakoze n’amahano ashyira hanze amafoto menshi yambaye ubusa hose[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 19 March 2019 Yasuwe: 27702

Uyu mukobwa yamenyekaniye ku nkuru iteye agahinda yasohotse tariki 25 Ukuboza 2018 ubwo yari agiye kwiyamamariza kuba Miss Rwanda 2019 uburebure bwe bukamubera imbogamizi kubera ko atari agejeje kuri metero zasabwaga.

Mu buhamya yatanze ku buzima bwe yagarutse ku buryo yabaye ku muhanda , kumansura mu tubyiniro no kugirira urugendo muri Afurika y’Epfo mu buryo bugoranye cyane, icyo gihe abantu benshi bamugiriye impuhwe.

Icyo gihe yari afite umushinga wo gukangurira urubyiruko kwirinda ubucuruzi bukorerwa abana b’abakobwa. Miss Rwanda ni umukobwa ugomba kuba afite bwiza, ubwenge n’umuco, mu gihe gutangaza amafoto nk’aya bishobora gufatwa na bamwe nko gutandukira indangagaciro z’umuco nyarwanda.

Kuri uyu wa Kabiri uyu mukobwa yshyize amafoto ye kuri Instagram yambaye ubusa buri buri, haracyibazwa niba ari we wayashyize hanze cyangwa hari uwaba yakoresheje Konti ye. Nta yandi mafoto ye ahari keretse aya yambaye ubusa ndetse uko iminota yicuma ari gushyiraho andi.

Ayashyize hanze kandi hari itangazo Minisiteri y’umuco na Siporo yashyize hanze ibuza abantu gushyira ahagaragara amashusho y’urukosazoni.






Iri ni itangazo Minisiteri y’Umuco na Siporo iherutse gushyira hanze}


Comments

JADO 21 March 2019

Ariko abaganga bazabanze bakore akabo kazi barebe niba nta kibazo afite mu mutwe. Nibasanga ntacyo azahanwe, iyo nyifato ntabwo ari iy’ UMWALI W’U RWANDA.


RUDOMORO 21 March 2019

SHA UYU NGUYU AZIZE NKABYA BINDI BYA DIANE RWIGARA KUKO YATANGAJE UKURI KU MARADIYO Y’AMAHANGA


Sado 21 March 2019

Ntabwo bitangaje kubona iyo nkumi ishyigikirwa na Shanel kuko uko byumvikana nabo yabyaye nabo niba bataranabikora bari munzira. Hari ababyara kubera ari ababyeyi bashakaga gutanga uburere hari nababyarira Satani ngo akazi ke ko kuroha isi mu muriro utazima kagende neza, nyamara abo bose Imana ibibafashamo kuko yadushyize imbere icyiza n’ikibi ngo tuzihitiremo. Icyaba cyiza rero nuko ubwenge yaduhaye twabukoresha duhitamo icyiza ibyo Satani ashaka tukabyima amaso


20 March 2019

cyprien. iyazakubanyampinga nibiriyayarikwigisha avant à Rwanda nazi


Emmanuel 20 March 2019

Niba atariwe wayashyizeho , ubu aba yabivuze. Gusa ni mubi pe!


19 March 2019

Ndatekereza ko ariya mafoto arayo kumisiga isurambi bitewe nicyo mushaka guys make thing professional ataribi kuko sibyiza gusebanya murakoze


19 March 2019

uyu arakungurira u Rwanda bamujyane i wawe


19 March 2019

Niko se izi ndaya mutuzanira nizo ziba zishaka kuduserukira koko!? Niba Miss ari ibi rero, bizatuma twese tuyifata uko itari.

Uyu ni imbeshu yakuyeho, ibi ni no kumukorera publicité !!puuuu!!! Izi ndaya turazamaganye rwose!!ababishinzwe na Miss Rwanda System bashake uko bazakemura iki kibazo pe!!! Kuko miss agomba Kuba intangarugero.

Iyi mbeshu bayishakire ibihano rwose!! Umuco wacu uriyubashye , umuco wacu uriyambitse, ntabwo ari icuraburindi !!


Manzi 19 March 2019

Reka umwana yamamaze uko ateye sha abafite ifaranga bagemo. Akagaragaye niko kabona ubuguzi


Nyaminani Gratien 19 March 2019

Uyuntakwiye Kwitwa Umunyarwandakazi Nkintore!
Namusabira Kwamburwa Ubutore.