Muri iki gice cya kabili cy’ikiganiro twagiranye, Rucagu atangira atubwira aho yari ari ubwo indege yari itwaye Perezida Habyalimana Yuvenal yahanurwaga n’abantu bataramenyekana kugeza ubu, uko aho yari atuye inkotanyi zahafashe, uko zamutumyeho zikamusubiza imodoka ye, uko nyuma yahungiye Inkotanyi ku Ruyenzi, Bishenyi, Kagyayi, Bulinga kugeza zimusanze Rusizi.
Muri iki kiganiro Rucagu avuga hari mu Urugwiro imyaka igera kuri 10!
Byinshi muri kiganiro twagiranye
umwanya wo kumva ntabwo uboneka, ibyiza ni gusoma. nkubu iyinkuru ntakintu nyifasheho