Print

Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10

Yanditwe na: Ubwanditsi 27 March 2019 Yasuwe: 14415

Muri iki gice cya kabili cy’ikiganiro twagiranye, Rucagu atangira atubwira aho yari ari ubwo indege yari itwaye Perezida Habyalimana Yuvenal yahanurwaga n’abantu bataramenyekana kugeza ubu, uko aho yari atuye inkotanyi zahafashe, uko zamutumyeho zikamusubiza imodoka ye, uko nyuma yahungiye Inkotanyi ku Ruyenzi, Bishenyi, Kagyayi, Bulinga kugeza zimusanze Rusizi.

Muri iki kiganiro Rucagu avuga hari mu Urugwiro imyaka igera kuri 10!
Byinshi muri kiganiro twagiranye


Comments

umuhungu 28 March 2019

umwanya wo kumva ntabwo uboneka, ibyiza ni gusoma. nkubu iyinkuru ntakintu nyifasheho