Umunyamidelikazi Huddah Monroe uri mu bakomeye muri Kenya kuri ubu yongeye kwibasira imbuga nkoranyambaga n’amafoto garagaza yambaye ikariso n’isutiye ari ku kiyaga kimwe kitamenyekanye arimo kurya ubuzima.
Mu magambo yashyize kuri iyi foto yabajije bamwe mu bantu impamvu batajya bamubaza ku buzima bwe ahubwo bagashaka kubimenya babajije bagenzi babo kandi ahari.
Yagize ati” Mu gihe utambajije ibinyerekeyeho ,ntukirirwe ubaza abandi ibinyerekeyeho.”
Bamwe mu bamukurikira kuri Instagram bahise bagwa mu kantu batangira kwibaza impamvu yavuze aya magambo gusa benshi bacyetse ko byatewe nuko bamwe bakunze kumwitirira ko akundana n’abagabo benshi gusa muri abo ntihagira numwe ashyira hanze.
Nubundi aba yabitweretse byose ntakindi twamuza kidasanzewe
biriho KBS komerezaho