Uwitwa Gisesa Ibrahim yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NTWALI Ibrahim.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko NTWALI ari izina akunda kubera igisobanuro cyaryo. Ikindi ni uko aya mazina yayakoresheje ku byangombwa bye byinshi.
Ingingo z’ingenzi zituma yifuza guhindura aya mazina zikaba ziri hano munsi: