Uwitwa Dusabimana Desange yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Dusabe Des Anges.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ayo mazina ariyo yiswe n’ababyeyi be ariko ntiyandikwa neza uko bikwiye mu bitabo by’irangamimerere.
Ingingo z’ingenzi zituma yifuza guhindura aya mazina zikaba ziri hano munsi: